Ibisobanuro bya erreur ya système

erreur ya système akaba ari ntaho MUGANZA yeruye ngo yemera ikosa ko ariwe riturukaho nk’uko MAGERWA iburana ibivuga, urukiko rukuru rwasanze kandi kuba MAGERWA yajuriye itarigeze igira icyo ivuga ku kuba iryo kosa ryaranabaye kuri UMUHOZA Claude Fabrice ntiyirukanwe ndetse muri raporo Fabrice yakorewe n’umukuriye usanga mo ko bagaruko kuri “erreur ya sytème”, ibyo bituma ikosa ritafatwa nk’ikosa riherwaho umukoresha yirukana umukozi.