ICYEMEZO CY’URUKIKO Ibihimba vy'Urupapuro rw'Ikiganiro
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 21] Rwemeje ko imikirize y`urubanza RC 1754/05/TP/KIG rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuwa 03/09/2009 ihindutse, CORAR SA ikaba igomba gukoresha imodoka Camion ISUZU ifite plaque RAA 778 D ya Kayijuka Bonaventure igasubira mu muhanda aho kumugurira indi nshya nk`uko byari byemejwe mu rubanza rujuririrwa.[22] Rwemeje ko CORAR SA igomba kuriha Kayijuka Bonaventure 48.240.000 Frw yavukijwe no kudakorerwa imodoka ye ku gihe kugera kuri uno munsi w`icibwa ry`uru rubanza ( dommages-intérêts á raison de l`immobilisation du véhicule due au retard de la réparation ), ikamuha kandi 750.000 Frw yakoreshejwe mu rwego rw`ikurikiranarubanza n`igihembo cy`Avoka ku rwego rwa mbere no mu bujurire, na 295.000 Frw yakoreshejwe mu bikorwa binyuranye bigirana isano n`impanuka yononnye imodoka ya Kayijuka Bonaventure.
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 19]. Rwemeye kwakira ikirego cy’Ubushinjacyaha, rugisuzumye rusanga gifite ishingiro kuri Uwihanganye Emile gusa;
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 14]. Rwemeje ko ikirego cya Nyampinga Chantal gifite ishingiro kuri bimwe.[15]. Rwemeje
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 23] Rwemeje ko ubujurire bwa MUKARUGIRA Béatrice bufite ishingiro kuri bimwe.
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 25] Rwemeje ko ikirego cya BUGINGO Emmanuel gifite ishingiro;[26] Rwemeje
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 30] Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira no gusuzuma ubujurire rwashyikirijwe na BCR.[31] Rwemeje ko ubwo bujurire bufite ishingiro. [32] Rwemeje ko Kambali Bigishiro yishingiye BADER. [33] Rwemeje ko inyungu z’umwenda wahawe BADER zibarirwa kuri 16%. [34] Rwemeje ko umwenda remezo n’inyungu zawo bigomba kwishyurwa BCR ari 79.237.766FRW
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 34] Rwemeje kwakira ikirego cy’ubushinjacyaha rugisuzumye rusanga nta shingiro gifite;
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 26] Rwemeje ko ubujurire bwa BNR n’ubwa Rutamu Jean de Dieu nta shingiro bufite.
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 36] RWEMEYE kwakira ikirego cya NIYIKIZA Janvier kandi ko gifite ishingiro;
ICYEMEZO CY’URUKIKO. 40] RWEMEYE kwakira ubujurire rwashyikirijwe na FINA BANK kuko bwaje mu buryo no mu nzira bikurikije amategeko;