Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza Ingingo Z'Urugero

Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza. 3]Hategekimana Faustin wahawe ijambo yavuzeko yatanze amasambu abiri nk’ingwate ariko nyuma yishyura amafaranga ibihumbi 706,900 nk’uko bigaragagara mu nyandiko yo kuwa 29/06/2013 KOKUHI yiyandikiye,iri deni akaba yararyishyuye mu ishyirahamwe ABISUNGANE ryaje guhinduka KOKUHI naho kukibazo cyo kumenya impamvu hatabayeho amasezerano yanditse ko yishyuye ari uko yarabereye iryo shyirahamwe umwanditsi waryo.Asaba indishyi z’akababaro za miliyoni imwe(1000,000),tike y’ibihumbi magana atanu(500,000)yatanze ava Nyagatare aza kuburana n’igarama ry’ibihumbi mirongo itanu(50,000) ; [4] Me Uwingabire Alice uhagarariye KOKUHI yavuzeko ideni ry’ibihumbi 706,900 Hategekimana Faustin avuga ritishyuwe ko inyandko yo kuwa 29/06/2013 yayihawe agiye gusaba ideni muriSacco kuko hari indi nyandiko yo kuwa 27/06/2013 igaragaza ko atishyuye kuko iyo aza kwishyura iyo nyandiko yo kuwa 27/07/2013 iba yaraciwe ; [5]Urukiko rurasanga hari amasezerano yakozwe kuwa 27/06/2013 hagati ya Hategekimana Faustin na Buhigiro Jean Damascène,Ndahimana Jean Bosco bahagarariye koperative bemeranijwe ko Hategekimana Faustin abafitiye amafaranga ibihumbi ibihumbi 706,900 nawe abahaye umurima w’ingwate ariko nabasubiza ayo mafaranga nabo bazamusubize umurima. *6+Urukiko rurasanga kuwa 29/06/2013,perezida w’ishyirahanwe witwa Buhigiro Jean Damascène afatanyije na comité y’ishyirahawe bemejeko babonye amafaranga ibihumbi 906,900 bishyuwe na Hategekimana Faustin ;i.Gusuzuma niba Hategekimana Faustin yarishyuye ideni ry’ibihumbi magana cyenda na bitandatu magana cyenda(906,900) yarabereyemo Koperative KOKUHI.[7]Urukiko rurasanga Me Uwingabire Alice uhagarariye KOKUHI adahakana inyandiko yo kuwa 29/06/2013 igaragaza ko Hategekimana Faustin yishuye KOKUHI ideni ry’ibihmbi magana cyenda na bitandatu magana cyenda(906,900)yarabereyemo koperative babereye umyobozi ariko akavuga ko nubwo iyo nyandiko ihari kandi aribo bayanditse batishyuwe ko gusa bakoze iyo nyandiko bashaka ko Hategekimana Faustin ayijyana muri Sacco kugirango bamuhe ideni nawe abashe kubishyura ;[8]Urukiko rurasanga iyi mvugo ya Me Uwingabire Alice uhagarariye KOKUHI nta shingiro yahabwa kuko mu masezerano yo kuwa 27/06/2013 basezeranye na Hategekimana Faustin ko bamuhaye amafaranga ibihmbi magana cyenda na bitandatu magana cyenda(906,900) nawe abahaye ingwate y’umurima,ko nabishyura bazamusubiza umurima we.Kuwa 29/06/2013 nyuma y’iminsi ibiri(2) Perezida w’ishyirahanwe witwa Buhigiro Jean Damascène afatanyije na comité y’ishyirahawe bem...
Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza. 24] Ibibazo bisuzumwa muri uru rubanza n’ibikurikira:
Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza