Common use of IMITERERE Y’URUBANZA Clause in Contracts

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo[1].Ku itariki ya 30/04/2012, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba IZIYIGIHE SACCO yagiranye amasezerano yigurizwa na HARERIMANA Théogène, maze IZIYIGIHE SACCO imuguriza amafaranga angana na 300.000 frw nkuko bigaragazwa n’amasezerano y’igurizwa yo kuwa 30/04/2012 ; [2].Mu masezerano HARERIMANA Théogène akaba yariyemereye ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoazishyura umwenda ahereye tariki ya 30/05/2012 akageza tariki ya 30/10/2012, kubera akishyura inyungu zisanzwe zibariwe kuri 2% kukwezi, bemeranijwe ko yasheshe naramuka akerewe kwishyura azaja atanga 10% kukwezi ; [3]. HARERIMANA Théogène ngo ntiyubahirije ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014kugezaho IZIYIGIHE SACCO ihisemo kuregera Urukiko, umunsi w’iburanisha rw’ibanze ryo kuwa 29/05/2017, uregwa ntiyitaba Urukiko ntampamvu, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo yaramenyeshejwe muburyo bukurikije amategeko, kandi urega asaba ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza rwa buranishwa mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanzauregwa adahari, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.hasuzumwa ibi bikurikira :♦ Ko urubanza rwaburanishwa uregwa adahari,♦ Kwishyura umwenda remezo ,♦ Kwishyura inyungu zisanzwe n’izubukererwe,♦ Indishyi zinyuranye ;

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye 1]Karambizi Alphonse wari umunyamabanganshigwabikorwa w’umurenge wa Kigarama, Mukamugemana Claudine wari umukozi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabokarere ka Kirehe ashinzwe VUP na Bucyanayandi Aimable wari social w’umurenge wa Mahama baregwa kunyereza umutungo hagati y’umwaka wa 2009-2012 w’abafashwa na VUP mu rwego rwo kubateza imbere babategeka kugura imodoka ya Fuso yambaye plaque no 517 W bamaze kuyigura ibabera icyambu cyo kunyereza amafaranga yabo agizwe na miliyoni cumi n’ebyiri (12,000,000).Iki cyaha cyo kunyereza umutungo baragikoze hagati y’umwaka wa 2009 na 2012 igihe bari bashinzwe kurebera atishoboye bari abagenerwa bibikorwa bya VUP bibumbiye muri cooperative SINDAGIRAMAHAMA.Abaregwa ubwo bari bamaze gukusanya hamwe amafaranga miliyoni cumi n’ebyiri (12,000,000) yabo batishoboye ariko bahitamo kubagurira FUSSO ya miliyoni icyenda (9,000,000) itaragize icyo ibamarira naho andi mafaranga miliyoni eshatu(3,000,000) asigaye ntibamenya irengero ryayo na nyuma nanone baza gufata inguzanyo muri coop Inzira yo gukoresha imodoka n’andi ibihumbi magana icyenda na cumi(910,000)Mukamugemena Claudine yabatse ababwira ko nayo arayo gucuruza nayo ntibamenya irengero ryayo .Abaregwa baburanye bahakana icyaha.Gusuzuma niba Karambizi Alphonse, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa Mukamugemana Claudine na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy Bucyanayandi Aimable barafatanyije kunyereza amafaranga miliyoni cumi n’ebyiri (12,000,000) miliyoni eshatu (3,000,000),ibihumbi magana icyenda na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe cumi(910,000)z’abatishoboye bafashwa na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.VUP Mahama direct support;

Appears in 1 contract

Samples: judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye [1].Entreprise NEMEYABAHIZI Jean Baptiste (Entreprise NJB) yakozeamasezerano yo kubakira Coopérative DUHAHIRANE Gisozi inzu y’ubucuruzi ifite niveaux eshatu kumafaranga miliyoni magana atatu mirongo cyenda na bitandatu n’ibihumbi magana atandatu nirongo cyenda na bitandatu na magana abiri mirongo itandatu n’umunani (396.696.268 frw), nyuma aza kongerwahoandi masezerano ya miliyoni ijana na bitatu n’ibihumbi maganane mirongo inani na birindwi na magana ane n’abiri (103.487.402frw), uregwa akora imirimo baramwishyura mubyicyiro bitandukanye, nyuma baza gusanga kumafaranga yafashe, yaratwaye amafaranga arenze ayo bari bagiranye mu masezerano, uregwa yemera kuyishyura ariko ntiyabikora. Ibyo bituma Coopérative DUHAHIRANEGisozi iregera uru Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabokungira ngo irenganurwe ; [2].NEMEYABAHIZI Jean Baptiste uburanira Entreprise NJB na Me MPIRIKANYI Gaspard umwunganira ibo bagahakana ko ibyo bitirira Entreprise NEMEYABAHIZI Jean Baptiste batabizi kandi ngo ntibazi naho byakorewe, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba bagatsemba bahakana ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe ibyo baregwa batabikoze. Basaba ko hagobokeshwa TWAHIRWA Jean Claude, Urukiko rurabibemerera hashingiwe kungingo ya 119 CPCCSA ; [3].Umunsi w’iburanisha ry’urubanza mu buryo bunyuranyije n’amategekomizi ryo kuwa 24/04/2014 ababuranyi baritaba, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, nyamara uwagobokeshejwe ntiyitaba kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo yaramenyeshejwe muburyo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanzaruburanishwa adahari, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.hasuzumwa ibi bikurikira :♦ Kwishyura umwenda uregerwa n’inyungu zawo,♦ Amafaranga y’ikurikiranarubanza n’igihembo cya avoka ;

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye Rutamu Jean de Dieu yagiranye amasezerano yo kubitsa na IMF URUMULI ku gihe cy’umwaka, ashyiramo 10.000.000 Frw. Tariki 12/06/2006, Rutamu yabikuje5.000.000 Frw, hasigara andi 5.000.000Frw. BNR yaje gufata icyemezo cyo guhagarika microfinance URUMURI igihe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015gihugu hari ibibazo bya za microfinances zidakora neza. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015Igihe hafatwaga ingamba zo kugoboka abari barabikije amafaranga muri microfinances zafunze1, rwemeza hakemezwa ingamba zo kugoboka abari abakiriya babikijemo amafaranga, Rutamu nawe yagiye gusaba aye ariko BNR irayamwima imubwira koatujuje ibyangombwa byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri kuko adafite agatabo ka banki.Rutamu yashyikirije ikibazo cye Urukiko Rukururw’Ubucuruzi, rwemeje ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvuikirego cye gifite ishingiro, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd BNR kumuha 135.627.212 2.500.000 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fundahwanye na 50% y’ayo yari afite muri IMF URUMURI na 300.000 y’igihembo cya avoka. [3] ENGEN RWANDA Ltd BNR yajuririye urwo rubanza mu Rukiko RukuruUrukiko rw’Ikirenga irusaba gukosora amakosa yakozwe n’umucamanza wa mbere nk’aho yavuze ko BNR ariyo yashyizeho ikigega kigobokaabari barabikije muri microfinances zafunze nyamara yari yarahawe gusa inshingano zo kugicunga. Ikindi ngo ni uko urukiko rwavuzeko amafaranga rugeneye Rutamu ari impano kandi azasubizwa. BNR na none ntiyumva uburyo Rutamu yahawe 50% y’amafaranga yari yarabikije hirengagijwe ko atari yujuje ibyangombwa 1 ONGERA microfinance SA, itanga INTAMBWE microfinance SA, URUMURI microfinance SA,GWIZA microfinance SA, Compagnie de microfinance URUGERO, COOPEC IWACU, COOPEC INTERA, COOPEC UBUMWE et COOPEC GISUBIZO.byasabwaga, akanagenerwa n’amafaranga y’igihembo cya Avoka kandi nta gusobanura impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguruayahawe. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza Rutamu nawe yajuririye zimwe mu ngingo z’urubanza atishimiye nko kuba Urukiko rwaravuze ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategeko, amafaranga rwamugeneye ari impano kandi icyo rwakoze ari ukumusubiza aye yari yarabikije. Avuga kandi ko bufite ishingiro, rwemeza atishimiye kuba ataragenewe indishyi z’akababaro yari yasabye kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanzaBNR yaramuruhije yanga kumuha amafaranga ye. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoIburanisha ry’urubanza ryabaye kuwa 12/05/2011, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd BNR ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, Byiringiro Jacques naho Alain Assamoi Niangoran Rutamu ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI AnitaMihigo Bienvenu.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye Ubushinjacyaha bukurikiranye ho NIYIZUKURI Avaldas, NDAYIRAMIJE Albert, NGENDAHIMANA Alphonse, NKURAYIJA Fidel, GATABAZI François, NTIRUSHWAMABOKO Jean de Dieu, MUREKATETE Josiane, BAYINGANA Aphrodis kuba bari muri koperative CATAM bayikorera imirimo y’ubucuruzi bw’inzoga ndetse abandi bari mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabobuyobozi bwayo ariko ngo amafaranga bacuruzaga bakaba batarayashyikirizaga uwari ushinzwe gucunga umutungo muri koperative ndetse andi agasohoka mu isanduku no kuri konti ya koperative ariko ntahagaragazwe uburyo yakoreshejwe, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015bakaba bararezwe imbere y’urukiko icyaha cyo kurigisa cyangwa konona umutungo n’icyaha cy’ubuhemu kuri GATABAZI Francois na NKURAYIJA Alphonse. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku Kuri NIYIZUKURI Avaldas aregwa kuba yari umucungamutungo wa 15/10/2015koperative aregwa kuba yararigishije amafaranga 6.070.705 ayasohora ariko ntagaragaza icyo yakoze.NDAYIRAMIJE Albert we aregwa kuba yaracuruzaga ariko amafaranga angana na 403.840 akaba atayashyikirije umucungamutungo wa koperative.NGENDAHIMANA Alphonse nawe aregwa kuba yari umukozi wa koperative agacuruza amafaranga 268.194 akayitwarira. NKURAYIJA Fidel wari perezida wa koperative aregwa icyaha cy’ubuhemu aho ngo yahawe amafaranga n’abakozi amafaranga 559.500 akayitwarira, rwemeza akagira n’uruhare mu kwangirika kw’inzoga zifite agaciro ka 3.192.000.[3] GATABAZI Francois aregwa icyaha cy’ubuhemu n’icyo kurigisa umutungo ngo akaba yarishyurije koperative amafaraga 480.640 ntayashyikirize ababishinzwe. NTIRUSHWANABO Jean de Dieu nawe aregwa kuba yaracuruje inzoga amafaranga 163.870 ntayashyikirizeabashinzwe gucunga umutungo. MUREKATETE Josiane nawe ngo yacuruje 5.227.000 ariko ntiyayashyikiriza abashinzwe gucunga umutungo wa koperative, ndetse na BAYINGANA Aphrodis akaba ashinjwa gucuruza amafaranga 712.000 ntayashyikirize ababishinnzwe. Ubushinjacyaha buvuga ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvuhari ibimenyetso bibashinja bugasaba ko bahanishwa igifungo cy’imyaka icumi n’ihazabu y’amafaranga buri wese aregwa gukuba inshuro eshanu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ariko kuri GATABAZI na NKURAYIJA busaba ko bahanishwa igifungo cy’imyaka itatu no gusubiza amafaranga ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe harugurukoperative babazwa. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016Abaregwa bose bahakana ibyaha baregwa, rwemeza bagasaba ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe barenganurwa kuko bwatanzwe ngo ayo mafaranga ntayo barigishije. NIYIZUKURI akavuga ko impapuro zose yazitanze mu buryo bukurikije amategekoihererekanya, NDAYIRAMIJE we yavuze ko yagize igihombo kandi hakaba hari amafaranga yamaze kwishyura, NGENDAHIMANA we avuga ko bufite ishingiroatari umucuruzi. GATABAZI we avuga ko yari ashinzwe gushaka amasoko muri koperative, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera amafaranga yishyurwaga yayashyiraga kuri konti ariko ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanzahari ayo yemera ; NTIRUSHWAMABOKO avuga ko atariumucuruzi, ko iznoga yishyuzwa ari izo yahawe na koperative yagize ubukwe. MUREKATETE we avuga ko amafaranga yose yacuruje yayatangaga akaba atazi aho ayo aregwa yaturutse.BAYINGANA Aphrodis avuga ko atari umukozi ucururiza koperative ahubwo ko yari umwishingizi w‘umuntu wari warumvikanye na koperative gucuruza inzoga zayo. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo NKURAYIJA yarezwe icyaha cy’ubuhemu, GATABAZI we aregwa icyaha cyo kurigisa umutungo n’icy’ubuhemu, ubunganira mu rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga Me MUSAFIRI Ephrem ubunganira akaba yaragaragaje inzitizi avuga ko inkiko zo icyaha cy’ubuhemu kitari mu Rwanda zifite bubasha bw’uru rukiko ko urukiko rwakwiyambura ububasha kuri bo. Urukiko rwasuzumye inzitizi rwemeza ko NKURAYIJA Alphonse uregwa gusa icyaha cy’ubuhemu akwiye kuburanira mu rukiko rufite ububasha bwo kuburanisha icyo cyaha mu rwego rwa mbere, rwemeza ko kandi GATABAZI uregwa icyaha cy’ubuhemu n’icyo kurigisa umutungo uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, rukiko rufite ububasha bwo kumuburanisha ku byaha byombi kuko rufite ububasha bwo kuburanisha icyaha cyo kurigisa umutungo kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanishaakaba arirwo rwo hejuru ku rufite ububasha bwo kuburanisha icyaha cy’ubuhemu. [6] Urukiko kandi rwakoze iperereza aho koperative CATAM yakoreraga rusanga aho yakoreraga harafunzwe ndetse itanagikora kuko ngo yahombe ntirwabasha kubona ibitabo rwari rukeneye, ariko rubasha kuvugana n’uwari Perezida wayo ndetse n’umwe mu bari abagenzuzi. Nyuma y’iburanisha ry’urubanza y’uko iperereza rikorwa urubanza rwasubukuwe ababuranyi baregwa badahari kuko bari bamenyeshejwe itariki urubanza ruzasubukurirwaho ikaba ikiruhuko ariko ntibongere gukurikirana urubanza. Urutonde rw’ibibazo bigomba gusuzumwa mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo rubanza : - Kumenya niba ibimenyetso bigaragazwa n’ubushinjacyaha bihamya abaregwa icyaha cyo kurigisa cyangwa konona umutungo n’icy’ ubuhemu (kuri GATABAZI Francois) ;- Kumenya niba ibihano ubushinjacyaha busabira abaregwa aribyo bakwiye guhanishwa mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.gihe icyaha cyaba kibahamye ;

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye mu Rukiko Rwisumbuye rwa GasaboMe NSABIMANA Cyprien uhagarariye NIYIKIZA Janvier avuga ko kuwa 02/12/2014 yagiranye amasezerano na RUSIZI INTERNATIONAL UNIVERSITY ya fourniture de matériel de bureau, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe muri ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014hagenwamo ibikoresho azabaha ibyo aribyo ndetse n‟amafaranga azishyurwa, anahabwa ukwezi kumwe ko kuba yamaze kugezaho ibyo bikoresho kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. ko azamwishyura mu gihe cy‟iminsi 30 kuva bashyikirijwe ibyo bikoresho, ngo akaba yarubahirije inshingano ze ashyikiriza iyo Kaminuza ibikoresho nk‟uko babyumvikanye ariko ntiyishyurwa ahubwo ahabwa chècque itazigamiwe, bityo akaba asaba Urukiko kwemeza ko RUSIZI INTERNATIONAL UNIVERSITY yishyura NIYIKIZA Janvier umwenda w‟amafaranga angana na 8.721.100FRWS y‟agaciro k‟ibikoresho imurimo, ikamuha indishyi z‟akababaro za 2.000.000frw, ikamwishyura igihembo cya Avocat cya 3.000.000frw n‟amafaranga 200.000frw y‟ikurikirarubanza; [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ME HABIMANA Alphonse uhagarariye RUSIZI INTERNATIONAL UNIVERSITY mu mwanzuro we no munama ntegurarubanza yo13/01/2016 yireguraga avuga ko ku wa 15/10/2015bijyanye n‟amasezerano yo kuwa 02/12/2014 n‟ubwishyu bwayo byatangiwe ibirego by‟inshinjabyaha n‟impande zombi akaba nta mwanzuro urabifatwaho, rwemeza aho yavugaga ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvubasanga hari inzitizi ishingiye ku ihame ry‟amategeko ivuga ko le pénal tient le civil en état bityo akaba asaba ko iki kirego cyaba kiretse kuburanishwa kigategereza iki nshinjabyaha, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza ariko mw‟iburanisha ry‟urubanza avuga ko iyo nzitizi ntayo bagifite kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza habayeho gushyingura dosiye burundu byabaye kuwa 17/11/2015; yakomeje avuga ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe ayo masezerano avugwa atayemera kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategekoatigeze akorwa n‟urwego rubifitiye ububasha ariwe Représantant légal w‟ishuri, kandi nta bikoresho yakiriye, ndetse na chècque itazigamiwe yatanzwe uyu muyobozi wakoze amasezerano yaramaze kwirukanwa, bityo bakaba basaba Urukiko kwemeza ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo ikirego cya Niyikiza Janvier nta shingiro gifite nokumutegeka guha RIU indishyi zingana na 3.200.000frw y‟ikurikirana rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha n‟igihembo cya Avocat; ❖ Muri uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoharasuzumwa niba hari amasezerano afite agaciro NIYIKIZA Janvier yagiranye na RUSIZI INTERNATIONAL UNIVERSITY kuwa 02/12/2014 yerekeranye no kugemura ibikoresho (fourniture de matériel de bureau) atarubahirijwe n’uregwa; hakanasuzumwa niba RUSIZI INTERNATIONAL UNIVERSITY yategekwa kwishyura indishyi z’amafaranga y’ibikoresho yahawe angana na 8.721.100FRWS, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committeeindishyi z’akababaro, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.iz’igihembo cya Avocat n’ikurikiranarubanza;

Appears in 1 contract

Samples: judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru BADER Sarl, igizwe na Bigishiro Kambali, Shema Nkwano, Djuma Pili John iyobowe na Bigishiro Kambali yatse inguzanyo zitandukanye muri BCR irazihabwa. Zimwe zirishyurwa izindi ntizishyurwa. Amafaranga atarishyuwe nk’uko bivugwa na BCR angana na 34.193.006FRW. Mu gihe cyose BADER yahabwaga inguzanyo yasabwaga kwishingirwa n’abayigize aribo Kambali Bigishiro, Shema wa Nkwano na Djumapili John..[2] BCR yaje kubona ko inguzanyo yahaye BADER zitishyurwa itanga ikirego mu Rukiko rwa Mbere rw’Iremezo rwa Kigali ku wa 27/09/2001 cyandikwa kuri RC 36.099/01. Nyuma y’ivugurura ry’inzego z’ubucamanza, urubanza rwaje kuburanishwa kandi rucibwa n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, urugereko ruburanisha imanza z’ubucuruzi. Mu iburanisha ry’urwo rubanza rwatangiriye ryo ku wa 26/07/2006 hitabye gusa BCR naho abandi baburanyi batitabye kandi barahamagawe mu buryo bukurikije amategeko. [3] BCR iburana mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba Nyarugenge yasabye ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe yakwishyurwa umwenda remezo wa 34.193.006FRW n’inyungu zawo zingana na 19% zibarwa kugeza urubanza rusomwe (7/09/2006). Urukiko rwasanze BADER n’abayishingiye bagomba kwishyura: • 83.754.031Frw y’umwenda remezo n’inyungu zawo;• amafaranga y’ibyakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo masezerano angana na 10% ya 1183.754.031= 8.375.403FRW ;• 2500FRW y’ingwate y’amagarama. Amafaranga yose yagombaga kwishyurwa BCR ni 92.131.934Frw. BADER, agace ka 2Kambali Bigishiro, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguruDjumapili na Shema wa Nkwano bategetswe gufatanya kwishyura aya mafaranga. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC Kambali Bigishiro yaje kumenyeshwa imikirize y’urubanza ku wa 31/05/201608/06/2007 maze arujuririra ku wa 06/07/2007 mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi. Mu kujurira kwe yatanze impamvu 2. Iya mbere nuko Urukiko rwamutegetse gufatanya na BADER, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategekoDjumapili John, Shema wa Nkwano kwishyura BCR kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanzaatarigeze aba umwishingizi. Indi mpamvu yatanzwe irebana n’inyungu yategetswe kwishyura. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Ku wa 06/10/2008 nibwo Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisharw’Ubucuruzi rwaburanishije urubanza ku bujurire rwashyikirijwe na Kambali Bigishiro. Uhagarariye Kambali yavuze ko uwo ahagarariye atishingiye BADER, ko hakurikijwe ibiteganywa mu ngingo ya 555 y’Igitabo cya Gatatu cy’Urwunge rw’Amategeko Mbonezamubano, Kambali Bigishiro atagomba gufatwa nk’umwishingizi wa BADER, ndetse n’inyungu zingana na 46.543.793FRW zikaba nta shingiro zifite. Uhagarariye BCR we ntiyasobanuye uko Kambali yaba yarishingiye BCR, ahubwo yavuze inkomoko y’umwenda wishyuzwa n’uko inyungu zawo zabazwe. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame Urukiko rwaciye urubanza ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza 05/11/2008 ruvuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse ibikubiye mu ngingo zarwo zoseya 555CCLIII bitubahirijwe, bityo urubanza rwaciwe na TGI Nyarugenge rukaba ruvuyeho kubirebana n’uko Kambali Bigishiro yaba yarishingiye BADER. Naho kubirebana n’inyungu z’ikirenga Urukiko rwavuze ko iburanisha ry’urubanza rutabisuzuma kuko Kambali atari mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anitabagomba kwishyura.

Appears in 1 contract

Samples: judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasaborukomoka ku masezerano y’umwenda ungana na 222.817.400 frw FINA BANK yahaye NTAGANDA Jean Baptiste amaze gutsindira isoko rya Leta ryo kugemura ifumbire mvaruganda, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku uwo mubare ukaba ugizwe n’umwenda wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015200.000.000 frw hamwe na22.817.400 yishyuwe Leta ho ingwate kuri iryo soko. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015Iyo nguzanyo Ntaganda yarayemerewe, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvuariko FINA BANK imusaba kwitangira 40.000.000 frw (provision ya 20 %), rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fundmaze ayasaba COGEBANQUE nka découvert irayamuha. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza Ari NTAGANDA ari na FINA BANQUE bose binubiye uburyo amasezerano adashyirwa mu Rukiko Rukurubikorwa uko bikwiye, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo nibwo bombi baregeye Urukiko Rukuru rw’Ubucururuzi, Banki iregera kwishyurwa umwenda wa176.703.558 frw y’umwenda n’inyungu zawo, naho NTAGANDA asaba ko iyo Banki imwishyura 303.100.135 frw y’igihombo yamuteje mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe harugurukutubahiriza amasezerano y’inguzanyo. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC Urubanza rwaciwe ku wa 31/05/201620/05/2009, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe FINA BANK igomba kwishyura Ntaganda amafaranga 14.470.240 frw yamuvukije kubera imikorere mibi yayo idakwiye Banki (Manque de professionalisme),53.492.448 Frw aturuka ku gihombo NTAGANDA yatewe na Banki yamugurishirije ifumbire mu buryo bukurikije amategekobutumvikanyweho, kandi ko bufite ishingiro79 054 025 Frw aturuka ku gihombo NTAGANDA yagize bitewe nuko Bank itamwishyuriye ingwate yari yafashwe muri COGEBANQUE, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza1 550 434 Frw y’inyungu COGEBANQUE yaciye NTAGANDA, 31 159 115 Frw y’igihombo Banki yateje NTAGANDA kigatuma atabasha kwishyura imisoro , 15 000 000 Frw y’indishyi z’akababaro (D.I) na 2 000 000 Frw y’igihembo cya Avoka, yose hamwe akaba 207 777 673Frw. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga Urukiko rwategetse ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoNTAGANDA nawe agomba kwishyura FINA BANK 38 218 608 Frw ajyanye na Crédit de décaissement na 93 315 478 Frw y’umwenda utishyuwe, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committeeyose hamwe akaba 131 534 086 Frw, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanishabityo rero ikinyuranyo FINA BANK igomba kwishyura NTAGANDA kikaba 76 243 587 Frw. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza FINA BANK yajuririye urwo rubanza, isobanura ko ibitewe n’impamvu enye zirimo kuba Urukiko rutaritaye ku bimenyetso yatanze, kuba rutaritaye ku masezerano yo ku wa 20/12/2001 yagiranye na NTAGANDA, kuba rwaremeje nta mpamvu ko yagize imyitwarire n’imigirire idakwiye banki nk’umunyamwuga bituma icibwa 207.777.673 frw, no kuba rwaranze nta mpamvu kuyibarira inyungu ku mwenda yahaye NTAGANDA. [7] NTAGANDA nawe yatanze ubujurire bwuririrye ku bwa FINA BANK avuga ko hari ibyo urukiko rutamuhaye mu byo yari yasabye kandi rutagaragaje impamvu, rumubarira mu buryo butari bwo umwenda usigaye agomba kwishyura FINA BANK. [8] Urubanza rwaburanishijwe mu ruhame ku wa 04/10/201620/04/2010 no kuwa 27/08/2010, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd FINA BANK ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe RUSANGANWA Jean Bosco,NTAGANDA Jean Baptiste yunganiwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije NKURUNZIZA François Xavier na Me MUGENI AnitaABAYO MUTABAZI Claude.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye BAKUNDUKIZE Elias uhagarariwe na Me HABANIMFURA Michel avuga ko mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabomwaka wa 1987 yaguze muri cyamunara umutungo wa Butaza Laurent watejwe cyamunara kubera umwenda yari afitiye Banki y’Abaturage y’icyahoze ari Komini Rwamatamu, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd akaba yaraguzemo imitungo iherereye mu murenge wa Kirimbi igizwe n’amasambu atatu ndetse n’inzu y’ubucuruzi; ngo mu 1994 Bakundukize n’umuryango we bavuye mu gihugu ntawe bayisigiye maze NIYONAGIZE Pierre yaje kuyigabiza atangira gukodesha inzu, asarura n’ikawa ndetse arimburamo ibiti 400 ahahindura imirima yo kubyazamo umusaruro; ngo mu mwaka wa 2011 akaba aribwo yatahuye ko imitungo ye bayigabije atuma uwitwa UGIRAMAHIRWE Jean Bosco kuyimwandikishaho ngo ariko hasigara isambu ifite no 768 uregwa yiyandikishijeho, bityo akaba asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe urukiko kumutegeka kuva mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014mutungo we kandi rukemeza isambu ifite no 768 imwandikwaho, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. akamuha indishyi; [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015NIYONAGIZE Pierre avuga ko impamvu aba muri uwo mutungo uburanwa ari uko ari uwa se Butaza Laurent, rwemeza ngo ubwo se yahungiraga muri Congo akaba yarayisubijwe n’inzego z’ubuyobozi kubera abantu bari barayibohoje, ndetse nyuma akaba yaraje kuyimwandikishaho mw’ibarura ry’ubutaka, ngo inyandiko zivuga ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvubyatejwe cyamunara akaba ari izo bahimba, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. bityo akaba asaba kurenganurwa kuko bashaka kuwugurisha kuko Butaza Laurent yahakanye ko ari umwana we akamwemezwa n’Urukiko ngo uwo mutungo akaba awufiteho uburenganzira; [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo Me NDAGIJIMANA Pierre avuga ko basanga Butaza Laurent yagobokeshwa mu rubanza mu Rukiko Rukurukugirango asobanure ukuntu yatanze iyo mitungo, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11basanga harimo uburiganya, agace ka 2bitewe n’uko batumva ukuntu yabitanga kandi hari umuzungura utemera ukuntu byatanzwe, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. akaba yemerewe gutambamira igurishwa ryayo kuko hari n’indezo yagombaga kujya ahabwa, byongeye bakaba batagaragaza igihe cyamunara byagurishijwemo yabereye, bityo bakaba basanga iyo mitungo itarigeze iba iya Bakundukize Elias; [4] Urwo rukiko rwaciye Mbere y’uko urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rucibwa, Urukiko rwafashe icyemezo mu rubanza cyo kubanza gukora iperereza rukagera ku wa 31/05/2016biro by’umwanditsi bw’ubutaka mu Karere ka Nyamasheke, rwemeza kureba niba ibyemezo by’ubutaka n’umutungo uburanwa hari ibyaba byanditse kuri Butaza Laurent cyangwa kuri Niyonagize Pierre no kuri Bakundukize Elie, nyuma rufata icyemezo gisaba umubitsi w’inyandikompamo z’ubutaka amakuru y’abantu banditswe kubutaka buburanwa, urubanza rukaba rwarasubukuwe maze ababuranyi babwirwa ibyavuye mw’iperereza; ⮚ Muri uru rubanza harasuzumwa niba Butaza Laurent yagobokeshwa mu rubanza; harasuzumwa niba ibyemezo by’ubutaka by’ubukode burambye, n’inyandiko Butaza Laurentyanditse yemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe imitungo ye yagurishijwe mu buryo bukurikije amategekocyamunara, byashingirwaho nk’ibimenyetso bigaragaza ko imitungo iburanwa ari iya Bakundukize Elias; Gusuzuma niba ubuhamya bw’abatangabuhamya babajijwe mu Rukiko b’impande zombi bwashingirwaho; gusuzuma niba Niyonagize Pierre afite uburenganzira bwo kuguma gutunga imitungo iburanwa cyangwa niba yategekwa kuyivamo kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha niba isambu ifite no 768 yakwandikwa kuri Bakundukize Elias; no gusuzuma ibijyanye n’indishyi zisabwa n’ababuranyi bombi muri uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anita.;

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye Tariki ya 16/9/2014 Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru rwaciye urubanza RC 0101/14/TB/KCY, rwemeza ko habaye ubutane hagati ya RUBERWA Gratien na MUKARUGIRA Béatrice kubera amakosa y’umugabo yo guta urugo mu gihe cy’imyaka cumi n’ine (14). Rwategetse ko icyemezo cyo gutandukana cyandikwa mu bitabo by’irangamimerere byaho bashyingiriwe mu cyahoze ari Komini Rubungo, rutegeka ko inzu bafitanye iri Kacyiru mu kibanza No 528, inzu iri i Kinihira muri Rurindo mu kibanza No 3527/RUL/KIN n’isambu iri Kinihira ibaruwe kuri No 220/RUL/KIN bigenerwa agaciro bikagabanywamo kabiri (½) ku buryo bungana, uwabishaka agasubiza undi uruhare rwe akabigumana, bitakorwa, ubishaka agasaba ko birangizwa ku ngufu za Leta. [2] MUKARUGIRA Béatrice ntiyishimiye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru ajurira mu Rukiko Rwisumbuye rwa GasaboGasabo kubera impamvu zikurikira:✓ Kuba Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru rutarageneye aho abana bagomba kuba n’ikigomba kubatunga. ✓ Kuba hari imitungo Urukiko rutagize icyo ruvugaho igizwe n’inzu iri mu Mudugudu wa Tetero, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo n’imodoka taxi minibus Toyota Hiace ifite plaque RAA 550M. ✓ Kuba inzu iri Kacyiru yarashyizwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fundbigomba kugabanwa kandiRUBERWA Gratien yarayimuhaye mu nyandiko yo kuwa 06/01/2013. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko RukuruMe RUSANGANA Jean Claude uburanira RUBERWA Gratien avuga ko abana bakuze badashobora guhabwa indezo, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda ko kandi bafite uburenganzira bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe kuba aho bashaka, naho ku ngingo ya 11nzu iri Jabana akavuga ko nta bimenyetso bigaragaza ko ihari, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe harugurunaho ku nzu iri Kacyiru akavuga ko itigeze ihabwa MUKARUGIRA Béatrice n’abana be. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo Uru rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza rwaburanishirijwe mu ruhame ku wa 04/10/2016tariki ya 10/11/2014, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran MUKARUGIRA Béatrice ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije RUZINDA Alphonse, RUBERWA Gratien ahagarariwe na Me MUGENI AnitaRUSANGANWA Jean Claude.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye mu Rukiko Rwisumbuye rwa GasaboNSENGIYUMVA Jean Paul aregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo kurigisa umutungo n’ icyaha cyo guhimba inyandiko, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA akaba ashinjwa kuba ubwo yari umukozi wa DUTERIMBERE Ltd asaba ishami rya Kayonza akora nka caissier yarakoze icyo bita depot/versement fictif y’amafaranga angana na miliyoni eshatu n’ibihumbi magana abiri (3.200.000 frws) kuri compte y’uwitwa Kabera Saleh ifite No 1082458 ibarizwa muri DUTERIMBERE ayita ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoari umushahara w’ukwezi k’ Ukwakira 2014, ariko we agahita ayabikuza kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014iyo compte yari muri neagtif banki ikaba yarahise ikata ayayo igihumbi asigaye 3.199.000 aba ariyo abikuza ahita anatoroka akazi, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015ibyo aregwa kuba yarabikoze kuwa 6/2/2015, ariko mu kwezi kwa 23/1/2015 akaba yari yabikuje amafaranga ibihumbi 500.000 kuri konte ya Eastern Youth for Development ariko aho babimenyeye ahita ayasubizaho. [2NSENGIYUMVA Jean Paul rero akaba akurikiranyweho icyaha cyo kurigisa imutungo; ubushinjacyaha buvuga ko hari ibimenyetso bikimushinja, bugasaba ko yahanishwa igifungo cy’imyaka icumi n’ihazabu y’amafaranga 18.495.000[2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015Ku munsi w’iburanisha NSENGIYUMVA Jean Paul ntiyitabye urukiko, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe akaba yari yaramenyeshejwe itariki yo kuburana mu buryo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi amategeko ariko agasaba ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera rusubikwa kuko yavugaga ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ashaka umwunganira, ku munsi rwimuriweho yasabye ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha rwasubikwa kuko arwaye igihe cyashyizweho cy’iburanisha akaba ataritabye, urukiko rukaba rwarafashe icyemezo cyo kuruburanisha adahari.-Urukiko rurasuzuma muri uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe ibyerekeranye no kumenya niba ibimenyetso bigaragazwa n’ubushinjacyaha bihamya NSENGIYUMVA Jean Paul icyaha cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anitakurigisa umutungo n’icyaha cyo guhimba inyandiko no kumenya ibihano yahanishwa ibyo byaha biramutse bimuhamye.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye BUGINGO Emmanuel wunganirwa na Me NZAYISENGA Francis, avuga ko mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabomwaka wa 2008, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba ubwo Hotel MUHABURA yari mu bwubatsi bwo kwagura aho ikorera i Musanze, umuyobozi w’iyi Hotel GATARAYIHA Desire yamubwiye ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategekoBRD yatinze kuyiha amafaranga y’inguzanyo yari yarayemereye, kubera nibwo yamusabye kuba abahaye 7.000.000Frw yo gukora ibikorwa byihutirwa bakazayamusubiza BRD yabahaye inguzanyo. BUGINGO Emmanuel avuga ko yasheshe yamuhaye ayo masezerano nta mpamvu ku mafaranga 7.000.000 naho GATARAYIHA Desiré amusinyiraga sheki, igihe cyo kuyibikuza kigeze ubuyobozi bwa Hotel bumubwira ko yaba yihanganye ko abagize umuryango bazicara hamwe bakamushakira amafaranga, bakaba barakomeje kumuha ikizere, biza kugera kuwa 14//07/2016 ubwo noneho umuyobozi wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. Hotel MUHABURA yamubwiraga ko yajya kurega nk’uko abandi babigenje; [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku Umuyobozi wa 15/10/2015Hotel MUHABURA uburanirwa na Me NDAYISHIMIYE Jean Paul, rwemeza avuga ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvuHotel MUHABURA idafite ubuzima gatozi, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fundko ari izina ry’ubucuruzi ( non commercial), kandi ikaba itarigeze ituma GATARAYIHA Desiré kuyisabira umwenda kuko itari iyakeneye kuko mu mwaka wa 2008 yari yarahawe umwenda na BRD. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko RukuruMu gihe cy’iburanisha kandi Me NDAYISHIMIYE Jean Paul uburanira Hotel MUHABURA yatanze inzitizi avuga ko, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza harezwe utaragombaga kuregwa kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11yareze Hotel MUHABURA kandi ari izina ry’ubucuruzi, agace ka 2ko yari kuregaumuyobozi mukuru wayo RUSINGIZANDEKWE Gaudence, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. asaba kandi ko hagaragazwa amasezerano yo kuguriza Hotel bagiranye; [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC Me NZAYISENGA Francis yiregura ku wa 31/05/2016nzitizi, rwemeza avuga ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategekoyareze uwo bagiranye amasezerano, ni Hotel MUHABURA, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi niyo yaba idafite ubuzima gatozi biremewe ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite yaregwa nk’uko ingingo ya Discipline/Disciplinary Committee2CPCCSA ibiteganya, kandi ko amasezerano bagiranye yo kumuguriza nayo ahari akaba atari amahimbano nk’uko babivuga, kuko yemeraga ayo masezerano ariko akavuga ko yakozwe n’utabifitiye ububasha; [5]Urukiko rurasuzuma ibyerekeranye no kumenya niba hararezwe utaragombaga kuregwa, mu gihe Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza rusanze ikirego cyakwakirwa hasuzumwe niba umwenda uregerwa ugomba kwishyurwa na HOTEL MUHABURA mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anitaizina ry’umuyobozi wayo.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye ]. Nyampinga Chantal yunganirwa na Me NZAYISENGA avuga ko yatangiye gukorera Equity Bank Rwanda Ltd kuwa 30/04/2011, ngo akora neza inshingano ze ndetse agenda ahabwa amanota meza mw’isuzumamikorere ariko kuwa 16/01/2015 ngo aza gutungurwa no gusezererwa abwirwa ko atabaye inyangamugayo mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabomikoranire ye n'abakiriya no kutagera ku ntego (lack of integrity and continous nonperformance) nyamara ngo aribwo yaramaze kuzamurwa mu ntera kubera gukora neza. Avuga ko yasezerewe hashingiwe ngo ku ikosa rikomeye ariko ngo ntiyigeze arimenyeshwa ngo aryisobanureho cyangwa mu gusezererwa ngo ahabwe integuza, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba imperekeza n’icyemezo cy’imirimo yakozwe. Me Nzayisenga avuga ko yamuha indishyi zinyuranye zikomoka banki yashingiye y’uko hari inguzanyo yatanzwe Nyampingaabigizemo uruhare, umukiriya ananirwa kwishyura ariko ngo bibaye ari nabyo, ngo ntabwo ryaba ari ikosa rikomeye ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe buryo umuntu yakwirukanwa atanisobanuye ndetse no kutagera ku ntego mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kazi nabyo ngo ntabwo ari ikosa rikomeye ryatuma umukozi ahita asezererwa atabanje kumenyeshwa ikosa yakoze. Ikindi ngo n’uko inguzanyo yigwa n'abantu 5 dosiye ikoherezwa ku cyicyaro gikuru i Kigali nabo bakabyigaho inguzanyo ikabona gutangwa. Me Nzayisenga avuga ko yasezerewe kuwa 16/01/2015 nyamara mu kwezi kwa 12 yari yarazamuwe mu ntera kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku wa 14/04/2014, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015gukora neza. [2] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ]. Me NGEZAHAYO Bernard uburanira Equity Bank Rwanda Ltd we avuga ko Nyampinga Chantakl yakoze ikosa rikomeye asezererwa nta nteguza. Avuga ko hatanzwe inguzanyo ku wa 15/10/2015muntu w’inshuti ye yari yarahaye agaciro ko hejuro ingwate ye, rwemeza bituma ngo ananirwa kuyishyura banki nayo ihita isesa amasezerano. Me NGEZAHAYO avuga ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fundbanki icuruza amafaranga kuburyo ngo itakwihanganira umukozi utari inyangamugayo watuma banki ihomba. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo rubanza mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza Avuga ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe Urukiko ruramutse rusanze yarasezerewe mu buryo bukurikije amategekobunyuranye n’amategeko kandi ntahabwe ibyo amategeko amuteganyiriza, kandi ko bufite ishingirongo yahabwa integuza ukwezi kumwe n’imperekeza ukwezi kumwe ndetse n’indishyi zo gusezererwa binyuranye n’amategeko umushahara we w’amezi atatu. Asaba Urukiko kumutegeka guha Banki, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse Indishyi zo kushora mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanzamanza n’igihembo cy’avoka. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha ▪ Ibibazo bigomba gusuzumwa muri uru rubanza kubera ko ikiburanwa ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye ni ukumenya niba impamvu zivugwa na Equity Banki zashingiweho Nyampinga asezererwa mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Discipline/Disciplinary Committee, n’impamvu zigaragara mw’ibaruwa isesa amasezerano zirimo kubura ubunyangamugayo no kumara igihe atagera ku ntego zaba ari impamvu zumvikana kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mbere, naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru ishingiro zari gutuma urega asezererwa cyangwa niba nta shingiro ifite, zifite nk’uko urega abivuga ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza yahohotewe asezererwa atamenyeshejwe impamvu zo gusesa amasezerano; kumenya niba Indishyi zindi asaba nk’uko zikubiye mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anitakirego Nyampinga akwiye kuzihabwa cyangwa niba atazikwiye nk’uko uregwa avisaba no kumenya niba Indishyi z’ikurikiranarubanza n’igihembo cy’avoka impande zombi zisaba bakwiye kubihabwa.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw

IMITERERE Y’URUBANZA. 1] Uru rubanza rwatangiriye Nyuma y`impanuka yatejwe n`imodoka BENZ RAA 024 V yari ifite ubwishingizwi bwa CORAR SA ku itariki ya 12/03/2005 ikagonga imodoka ya Kayijuka Bonaventure yo mu Rukiko bwoko bwa Camion ISUZU ifite plaque RAA 778 D yari ifite ubwishingizi muri SORAS SA ikononekara cyane, CORAR SA yumvikanye na Kayijuka Bonaventure ko imukoreshereza iyo modoka yifashishije Garage EKA Kayijuka Bonaventure yari yihitiyemo, ariko nyuma y`itangizwa ry`imirimo havuka amakimbirane ashingiye ku miterere ya cabine CORAR SA yari yaguze ishaka kuyisimbuza iyari yononokaye, impande zombi ntizabasha kwikemurira ayo makimbirane yahagaritse imirimo y`isanwa ry`iyo modoka, Kayijuka Bonaventure yitabaza Urukiko Rwisumbuye rwa GasaboNyarugenge.[2] Mu icibwa ry`urubanza RC 1754/05/TP/KIG, Alain Assamoi Niangoran arega ENGEN RWANDA Ltd asaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko yamuha Kayijuka Bonaventure agurirwa indi camion nshya yo mu bwoko bw`ISUZU ifite agaciro ka 50.000.000 Frw kubera ko iye yatinze gusanwa ikononekara cyane, runategeka CORAR SA kwishyura Kayijuka Bonaventure indishyi zinyuranye zikomoka zingana na 130.600.000 Frw ( 129.600.000 Frw y`ikiguzi cy`igihe imodoka imaze ihagaze idakora, na 1.000.000 Frw yo mu rwego rw`ikurikiranarubanza n`igihembo cy`Avoka ), indishyi zingana na 100.000 Frw za burimunsi abariwe ku iseswa ry’amasezerano y’akazi ryakozwe minsi 24 y`akazi mu buryo bunyuranyije n’amategekokwezi mu gihe cyose CORAR SA izaba itarishyura Kayijuka Bonaventure ibyo yategetswe kumuha, kubera ko yasheshe ayo masezerano nta mpamvu ku kwishyura 100 Frw ya buri munsi wa 14/04/2014nyuma y`igihe urubanza rubaye itegeko mu gihe cyose CORAR SA izaba itarishyura Kayijuka Bonaventure, kandi yaragombaga kurangira ku wa 14/04/2015. [2CORAR SA inategekwa gutanga 19.400 y`amagarama y`urubanza.[3] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOC 0023/15/TGI/GSBO ku wa 15/10/2015, rwemeza ko Alain Assamoi Niangoran yirukanywe nta mpamvu, rutegeka ENGEN RWANDA Ltd kumuha 135.627.212 Frw y’indishyi z’uko yirukanwe nta mpamvu ikanamusubiza 16.760.694 Frw yiswe retirement fund. [3] ENGEN RWANDA Ltd yajuririye urwo CORAR SA ntiyishimiye imikirize y`uru rubanza irujuririra mu Rukiko Rukuru, itanga impamvu z’ubujurire zitandukanye zirimo n’inzitizi y’iburabubasha bw’inkiko zo ikirego cyayo cyandikwa mu Rwanda bwo kuburanisha urwo rubanza kuko ubwo bubasha bufitwe n’inkiko zo gitabo cy`ibirego kuri RCA 0198/09/HC/KIG. Ibibazo bigaragara muri Afurika Yepfo hashingiwe ku ngingo ya 11, agace ka 2, y’amasezerano y’umurimo bagiranye yavuzwe haruguru. [4] Urwo rukiko rwaciye urubanza n° RSOCA 0146/16/HC ku wa 31/05/2016, rwemeza ko ubujurire bwa ENGEN RWANDA Ltd bwakiriwe kuko bwatanzwe mu buryo bukurikije amategeko, kandi ko bufite ishingiro, rwemeza kandi ko urubanza n°RSOC 0023/15/TGI/GSBO ruhindutse mu ngingo zarwo zose kubera ko inkiko zo mu Rwanda zidafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. [5] Alain Assamoi Niangoran yajuririye urwo rubanza mu Rukiko rw’Ikirenga avuga ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza kubera ko ikiburanwa urukiko rugomba gufataho umwanzuro ni bibiri, ikibazo cya mbere kikaba ari iseswa ry’amasezerano y’umurimo ryakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho kuba ikirego kirebana n’imyitwarire ye mu kazi kigomba gukemurwa na Komite ya Disciplineicyo kumenya niba urubanza RC 1754/05/Disciplinary Committee, kandi ko Urukiko Rukuru rutagombaga kwakira iyo nzitizi kuko yatangiwe bwa mbere muri urwo rukiko igihe cy’iburanisha. [6] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame TP/KIG rwaraciwe ku wa 04/10/2016, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 11/11/2016, rwemeza ko inkiko zo mu Rwanda zifite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza, ko imikirize y’urubanza n° RSOCA 0146/16/HC rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 31/05/2016 ihindutse mu ngingo zarwo zose, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi rizaba ku wa 24/01/2017. [7] Nyuma yaho, Me RUTEMBESA Phocas uburanira ENGEN RWANDA Ltd yatanze inzitizi muri uru rukiko asaba ko uru rubanza rwasubizwa mu Rukuru Rukuru kugira kitararegewe ntirunasobanure impavu z`icyemezo cyafashwe ngo ruruburanishe mu mizi ku birebana n’izindi ngingo zayo z’ubujurire zitaburanishijwe mberehanagaragazwe ibimenyetso bishingiweho ( statuer ultra petita et absence de motivation et preuves ), naho Me MUNYANEZA Rémy na Me MUGENI Anita baburanira Alain Assamoi Niangoran bakavuga ko urubanza rukwiye kuburanishwa ikibazo cya kabiri kikaba ari icyo kumenya niba hari ibimenyetso byatanzwe mu mizi n’uru rukiko. [8] Nyuma y’iburanisha ry’urubanza mu ruhame kuri iyo nzitizi rubanza urukiko ntirubisuzume ngo rugire icyo rubivugaho nyamara byari kugaragaza ukuri kwashingirwaho mw`ifatwa ry`umwanzuro uboneye ku wa 24/01/2017, uru rukiko rwaciye urubanza rubanziriza urundi ku wa 17/02/2017, rwemeza ko inzitizi yatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd y’uko uru rubanza rwaburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru nta shingiro ifite, ko Urukiko rw’Ikirenga rufite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza mu mizi, ko iburanisha ry’urubanza mu mizi n’uru rukiko rizaba ku wa 18/04/2017. [9] Ku wa 18/04/2017, urubanza ntirwaburanishijwe kubera ko uwaburaniraga ENGEN RWANDA Ltd yikuye mu rubanza, maze uwamusimbuye avuga ko yahabwa igihe cyo gutegura urubanza, aragihabwa, iburanisha ryarwo ryimurirwa ku wa 13/06/2017, uwo munsi ugeze, ruburanishwa mu mizi ku birebana n’ubujurire bwatanzwe na ENGEN RWANDA Ltd mu Rukiko Rukuru, ENGEN RWANDA Ltd ihagarariwe na Me KABEYA Augustin, naho Alain Assamoi Niangoran ahagarariwe na Me MUNYANEZA Remy afatanyije na Me MUGENI Anitakirego rwari rwashyikirijwe.

Appears in 1 contract

Samples: www.judiciary.gov.rw